MENYA, UNUBAHIRIZE AMABWIRIZA AJYANYE N'ITUNGANYWA RY'IBIRIBWA N'IBINYOBWA GAKONDO BIKOZWE MU BINYAMPEKE, IBITOKI N'IMBUTO BIKOREWE MU MIRYANGO
ICYO AYA MABWIRIZA AGAMIJE
Kunoza ibijyanye no gutegura ibiribwa,kwenga, kubika no kunywa ibinyobwa gakondo bikorewe mu rugo, harimo ubushera,…
ISUKU N’ISUKURA: MENYA IBYO URUGO RUFITE ISUKU RUGOMBA KUBA RWUJUJE
Urugo rufite isuku rugomba kugira ubwiherero bucukuye kugera kuri metero esheshatu aho bishoboka, bwubakiye, bukinze kandi bufite isuku, kugira uburyo…
UMUYOBOZI W’AKARERE YAMENYESHEJE, ANASOBANURIRA ABATUYE AKAGARI KA KARANGARA SERIVISE Z’UBUVUZI NSHYA ZONGEREWE KURI MUTUWELI N’IBYICIRO BY’UMUSANZU UTANGWA
Ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki 21 Nyakanga 2026, ubwo Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline yari yitabiriye inteko y'abaturage b'Akagari ka…
UMUYOBOZI W’AKARERE YAKIRIYE ABASENATERI BAJE MU GIKORWA CYO KUGENZURA IBIKORWA BYA GUVERINOMA MU KUGEZA AMASHANYARAZI KU BARURAGE
Kuri uyu wa kabiri, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nshimyimana…
UMUYOBOZI W’AKARERE ARASABA ABAGATUYE KWIRINDA KUNYWA IBINYOBWA BITUJUJE UBUZIRANENGE
Mu kiganiro Umuyobozi w’Akarere, Mukamana Soline yagiranye n'abaturage b'Akagari ka Butare, mu Murenge wa Cyeru ku wa mbere tariki 20 Nyakanga 2026 mu…
UMUYOBOZI W’AKARERE YAKIRIYE ABAKOZI B’IKIGO CY’IGIHUGU GISHINZWE IBARURISHAMIBARE BAJE MU IGENZURA KU ISHYIRWA MU BIKORWA RY'IMIHIGO YA 2026-2027
Uyu munsi tariki 20 Nyakanga 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, ari kumwe na Perezida w'Inama Njyanama y'Akarere, Bizimungu Jean Baptiste,…
MENYA, UNASOBANUKIRWE POLITIKI YO GUKEMURA AMAKIMBIRANE HATISUNZWE INKIKO
Icyerekezo cya Politiki yo gukemura amakimbirane hatisunzwe inkiko ni Umuryango w’Abanyarwanda ushyize hamwe, wiyunze, udaheza kandi ukemura ibibazo,…
UMUYOBOZI W’AKARERE YASABYE DASSO KURUSHAHO KUGIRA URUHARE MU GUKUMIRA NO KURWANYA IBYAHUNGABANYA UMUTEKANO
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline n'Umuhuzabikorwa w’Urwego rwunganira Uturere mu bijyanye…
KU BIRO BY’AKARERE HABEREYE INAMA ZISANZWE Z’AMAKOMISIYO Y’INAMA NJYANAMA Y'AKARERE
Uyu munsi tariki 15 Nyakanga 2026, ku biro by’Akarere habereye inama zisanzwe z’Amakomisiyo y’Inama Njyanama y’Akarere.
Inama ya Komisiyo y'imari…
UMUYOBOZI W’AKARERE YATANGIJE KU MUGARAGARO IBIZAMINI BYA LETA BISOZA AMASOMO Y’IMYAKA ITATU IBANZA Y’AMASHURI YISUMBUYE N’AMASHURI YISUMBUYE
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, abanyeshuri basoje amasomo y'imyaka itatu ibanza y'Amashuri yisumbuye (icyiciro rusange) n'abarangije…