ABAMOTARI BAKORERA MU KARERE KA BURERA BASABWE KWIRINDA GUTWARA IBIYOBYABWENGE CYANGWA KOROHEREZA ABABITUNDA

Kuri uyu wa gatatu, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, Chief Inspector of Police (CIP) Johnson Rutayisire wari uhagarariwe Umuyobozi wa Polisi mu…

Read more →

UMUYOBOZI W'AKARERE ARAKANGURIRA ABAGATUYE KUBAHIRIZA INGAMBA ZIGAMIJE KURWANYA IBIZA

Mu kiganiro Umuyobozi w’Akarere, Mukamana Soline yagiranye n’abaturage b’Akagari ka Nyagahinga, mu Murenge wa Cyanika ku gicamunsi cy’uyu wa kane ubwo…

Read more →

ABAHINGA MU GISHANGA CYA NYIRABIRANDE BAKANGURIWE KWIZIGAMIRA MURI EJOHEZA

Kuri uyu wa kane tariki 19 Gashyantare 2026, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nshimyimana Jean Baptiste yifatanyije…

Read more →

URWEGO RW’ABIKORERA RWASABWE KUGIRA URUHARE MU ITERAMBERE RY’AKARERE

Kuri uyu ga gatatu, ku biro by’Akarere habereye inama yahuje abagize Komite Nyobozi y’Akarere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, Umuyobozi…

Read more →

MU KARERE KA BURERA HATANGIYE UBUKANGURAMBAGA KU KURWANYA ICURUZWA RY'ABANTU

Uyu munsi tariki 16 Gashyantare 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline yakiriye itsinda ry’abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bari…

Read more →

UMUYOBOZI W’AKARERE YASABYE URUBYIRUKO RUSOJE URUGERERO RW’INKOMEZABIGWI KURWANGWA N’INDANGAGACIRO UMUTURAGE MWIZA AKWIRIYE KUGIRA

Kuri uyu wa mbere tariki16 Gashyantare 2026, mu Mirenge igize Akarere ka Burera habaye ibikorwa byo gusoza Urugerero rw'Inkomezabigwi 1,480/ Icyiciro…

Read more →

UMUYOBOZI W’AKARERE ARASABA ABAGATUYE KWIRINDA KUNYWA INZOGA N’IBINDI BINYOBWA BITUJUJE UBUZIRANENGE

Mu kiganiro, Umuyobozi w’Akarere, Mukamana Soline yagiranye n’abaturage b’Akagari ka Bungwe, mu Murenge wa Bungwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri…

Read more →

MENYA IBYEREKEYE IZUNGURA

Kuzungura ni igikorwa cyo guhabwa uburenganzira n’inshingano ku mutungo n’imyenda bya nyakwigendera hashingiwe ku isano bafitanye. Izungura ritangira…

Read more →

IMIRYANGO 14 YO MU MURENGE WA RUHUNDE YOROJWE INKA MURI GAHUNDA YA GIR’INKA MUNYARWANDA

Kuri uyu wa gatatu tariki 12 Gashyantare 2026, ku biro by’Umurenge wa Ruhunde habereye umuhango wo koroza abagenerwabikorwa 14 muri gahunda gahunda ya…

Read more →

MU KARERE KA BURERA UMUNSI MUKURU W'ABARWAYI

Uyu munsi tariki 12 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije imibereho myiza y’abaturage, Mwanangu Theophile yitabiriye ibirori byo kwizihiza…

Read more →