Kuri uyu wa gatatu, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, Chief Inspector of Police (CIP) Johnson Rutayisire wari uhagarariwe Umuyobozi wa Polisi mu…
Ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki 10 Gashyantare, ubwo Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imbereho myiza y’abaturage, Mwanangu Theophile…
Mu gitondo cy'uyu wa kabiri tariki 10 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mwanangu Théophile…
Irage ni igikorwa mbonezategeko gikorwa n’uraga, gishobora guseswa kandi kigakorwa mu buryo buteganywa n’itegeko, aho umuntu agena amerekezo y’ibintu…
UKO UMUGANDA RUSANGE WA MUTARAMA 2026 WAGENZE MU KARERE KA BURERA MU NCAMAKE
Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Mutarama 2026, mu Mirenge igize Akarere…
Icyerekezo cya Politiki yo gukemura amakimbirane hatisunzwe inkiko ni Umuryango w’Abanyarwanda ushyize hamwe, wiyunze, udaheza kandi ukemura ibibazo,…
Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Mutarama 2026, mu Mirenge igize Akarere ka Burera hakozwe Umuganda rusange w'Ukwezi kwa Mutarama 2026 wibanze ku…
Kuri uyu wa gatatu tariki 4 Gashyantare 2026, mu cyumba cy'inama cy'Akarere habereye inama yahuje Ubuyobozi bw'Akarere n'abahagarariye Amadini…
Ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki 03 Gashyantare 2026, mu Mirenge igize Akarere habaye inteko z'abaturage nk’uko bigenda buri wa kabiri…
Kuri iki cyumweru tarii 02 Gashyantare 2026, mu Mirenge igize Akarere ka Burera habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi w'Intwari z'Igihugu wizihijwe ku…