Mu kiganiro, Umuyobozi w’Akarere, Mukamana Soline yagiranye n’abaturage b’Akagari ka Kamanyana, mu Murenge wa Cyanika ku gicamunsi cyo kuri uyu wa…
Kuri uyu wa gatanu, ku biro by’Akarere habereye igikorwa cyo gutora Umujyanama rusange wuzuza Inama Njyanama y’Akarere ka Burera. Hatowe kandi…
Uyu munsi, abantu mirongo itanu (50) bafite ubumuga bw’ingingo bahawe inyunganirangingo (Imbago); barindwi (07) bafite ubumuga bwo kutaboba bahabwa…
Nk'uko bigenda buri wa kabiri w'icyumweru, ku gicamunsi cy'uyu munsi, mu Tugari tugize Akarere ka Burera habaye inteko z'abaturage. Umuyobozi…
Uyu munsi, mu Karere ka Burera hizihijwe Umunsi Mukuru wahariwe Ingo mbonezamikurire y'Abana bato wizihijwe ku insanganyamatsiko igira iti ": Abana…
Kuri uyu wa gatanu, mu cyumba cy’inama cy’Akarere habereye amahugurwa y’umunsi umwe y’abagize Komite z’abaturage bagira uruhare mu kubungabunga…
Kuri uyu wa gatatu, mu Karere ka Burera hatangijwe igikorwa cwiswe NAWE WAGERA KURE kizakorwa mu Bigo by’Amashuri; aho abanyeshuri bazakangurirwa…
Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu, Nshimyimana Jean Baptiste yakiriye itsinda ry'Abadepite babarizwa muri…
Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe, mu Karere ka Burera hizihijwe icyumweru cyahariwe amazi cyizihijwe ku insanganyamatsiko igira iti: "Kubungabunga…
Uyu munsi, mu Karere ka Burera hatangiye ibikorwa by'Inzego z'umutekano byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n'iterambere 2025 byateguwe ku…